UMUHANGO WO KWIBUKA Padiri Thacien HAVUGIMANA

Nkuko bisanzwe kuri uyu wa gatandatu 04|03|2023; abanyeshuri, abarezi n'ubuyobozi bw'ishuri rya GS Marie Reine Rwaza bongeye kwibuka Padiri Thacien HAVUGIMANA ku nshuro ya 8 witabye imana ku wa 04|03|2015 wari umucungamutungo w'ishuri . Uwo muhango watangijwe n'igitambo cya Misa yahimbajwe na padiri umuyobozi w'ishuri.